Skip to main content
RYAFRwanda

RYAFRwanda

By RYAFRwanda

Rwanda Youth in Agribusiness Forum (RYAF) Is a platform orienting youth to change mindset and Engaging in Agribusiness.
Currently playing episode

Nyuma yo kuva kwimenyereza ubuhinzi muri Israël batangiye ubuhinzi bw'imboga n'imbuto ndetse n'avoka mu karere ka Ngoma

RYAFRwandaDec 20, 2021

00:00
07:04
Nyuma yo kuva kwimenyereza ubuhinzi muri Israël batangiye ubuhinzi bw'imboga n'imbuto ndetse n'avoka mu karere ka Ngoma
Dec 20, 202107:04
Ubutubuzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka hamwe gukora ubusitani byafashije Jean Damour kwiteza imbere

Ubutubuzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka hamwe gukora ubusitani byafashije Jean Damour kwiteza imbere

DUSHIMIYIMANA Jean Damour ni rwiyemezamurimo w'urubyiruko atuye mu karere ka Muhanga,umurenge wa Nyamabuye,avuga ko ubutubuzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka gukora ubusitani byamufashije kwiteza imbere.

Dec 01, 202104:53
Ubutubuzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka hamwe gukora ubusitani byafashije Jean Damour kwiteza imbere

Ubutubuzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka hamwe gukora ubusitani byafashije Jean Damour kwiteza imbere

DUSHIMIYIMANA Jean Damour ni rwiyemezamurimo w'urubyiruko atuye mu karere ka Muhanga,umurenge wa Nyamabuye,avuga ko ubutubuzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka gukora ubusitani byamufashije kwiteza imbere.

Dec 01, 202104:53
Baguze umurima ndetse buri mu nyamuryango yoroye ingurube abikesha ubuhinzi bw’imboga n’imbuto.

Baguze umurima ndetse buri mu nyamuryango yoroye ingurube abikesha ubuhinzi bw’imboga n’imbuto.

Icyerekezo B musenyi ni itsinda ry’urubyiruko rigizwe n’abantu 20,abakobwa 11 n'abahungu9, iri tsinda rihinga imboga n’imbuto mu karere ka Bugesera,umurenge wa Musenyi Akagali ka Rulindo,biguriye umurima ndetse buri wese yoroye ingurube abikesha ubu buhinzi.

Nov 25, 202106:12
Ubworozi bw’ingurube n’inka bwafashije Josiane Usabamahoro utuye mu karere ka Rulindo kugura ubutaka mu mujyi wa Kigali.

Ubworozi bw’ingurube n’inka bwafashije Josiane Usabamahoro utuye mu karere ka Rulindo kugura ubutaka mu mujyi wa Kigali.

Usabamahoro Josiane atuye mu karere ka Rulindo,nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2015, yatangiye ubworozi bw’ingurube mu mafranga yarakuye mu biraka yakoze muri NAEB no mu Imbuto Foundation bimugeza mu kugura inka,yamufashije kugura ubutaka mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.

Nov 15, 202103:55
Yatangiye ubuhinzi bw’imboga n’imbuto,ibihumyo ndetse n’ubutubuzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka:Gilbert NIYOYANKUNZE
Nov 05, 202104:32
 Nyuma yo kuva kwimenyereza ubuhinzi(Prof Internship) muri Israel Jean de Dieu TWAGIRIMANA Ahinga urutoki n'imboga.

Nyuma yo kuva kwimenyereza ubuhinzi(Prof Internship) muri Israel Jean de Dieu TWAGIRIMANA Ahinga urutoki n'imboga.

Jean de Dieu TWAGIRIMANA nyuma yo kugira amahirwe akajya kwimenyereza (Professional internship )ubuhinzi  uko bukorwa mu gihigu cya Israel,nyuma yo kugaruka mu Rwanda yahise atangira gukorwa ibikorwa by'ubuhinzi harimo urutoki,imboga..ikindi anafasha abaturage gukora uturima tw'igikoni.

Imbogamizi zirahari mu rubyiruko rwifuza gukora ubuhinzi harimo nk'igishoro,n'ababirimo imbogamizi duhura nazo harimo ikibazo cy'amasoko,no muri iki gihe Covid19 yazambije byinshi.

Agira Inama urubyiruko rwifuza gukora ubuhinzi ko babanza gukora ubushakashatsi bakamenya ikijyanye n'amasoko,icyo ubuhinzi busaba agakora ubuhinzi abwikorera umunsi k'umunsi akabigira ibye.  

Aug 30, 202103:36